Byenda gusetsa
Umugabo mu minsi ishize wari
utuye icyangugu, gacaca yaho iherutse kumukatira imyaka mirongo itatu (30)
y'igifungo kubera uruhare yaba yaragize muri génocide. Nuko rero bamaze
kurusoma bamubaza niba hari icyo avuga ku rubanza rumaze kumusomerwa. nyamugabo
nawe ati : "Murakoze kunkatira imyaka mirongo itatu, ariko icyo nzi ni
uko nta butegetsi bwo mu rwanda bumara imyaka 30, ni ukuvuga ko nzafungwa
imyaka ine, naho mwebwe mugafungwa makumyabiri n'itandatu." (fin
de citation)