Byenda gusetsa

 Umugabo mu minsi ishize wari utuye icyangugu, gacaca yaho iherutse kumukatira imyaka mirongo itatu (30) y'igifungo kubera uruhare yaba yaragize muri génocide. Nuko rero bamaze kurusoma bamubaza niba hari icyo avuga ku rubanza rumaze kumusomerwa. nyamugabo nawe ati : "Murakoze kunkatira imyaka mirongo itatu, ariko icyo nzi ni uko nta butegetsi bwo mu rwanda bumara imyaka 30, ni ukuvuga ko nzafungwa imyaka ine, naho mwebwe mugafungwa makumyabiri n'itandatu." (fin de citation)