Sobanukirwa
nimpamvu abagabo bakunda cyane amabere y’abagore
Yanditwe:
1/03/2014
Akenshi
umugabo aho ava akagera ashimishwa n’amabere
y’igitsina gore nubwo yaba ateye
neza cyangwa nabi akumva ashimishijwe no kuyabona ndetse no kuyakoraho.
Ese abagabo
bayakundira iki? Ni iki
kibashimisha iyo bayarebye cyangwa bayakozeho?
gukunda.com iganira na bamwe mu rubyiruko rwo mu mujyi wa Kigali bagize
icyo
badutangariza.
Amabere
nk’aya abagabo barayakunda cyane
Bagize
bati:’’Ubundi kureba
amaberey’umugore cyangwa umukobwa ni ibintu byiza cyane kandi
bishimisha
igitsinagabo kuko akenshi imiterere y’amabere
y’umugore ajyana n’imitere
y’igitsina cye.
Niyo mpamvu
umugabo ayarabukwa gake
agahita atekereza no ku gitsina cya nyiri ayo mabere.Ibi bituma umugabo
ahita
yumva yifuje imibonano mpuzabitsina,akumva yayakoraho, mu mubiri we
bigahinduka, kuko mu mabere y’umugore habamo rukuruzi ikurura
igitsina gabo.
Kubona amabere
y’umugore ni nko
kubona igitsina cye,ni nayo mpamvu umugabo uyabonye ahita yumva yifuje
gukora
imibonano mpuzabitsina.
Kuri bo ngo iyo
umugore agenda
yambaye utwenda tugaragaza mu gituza cye,babibona nkaho ari kugaragaza
igitsina
cye ndetse anashaka ko abagabo bamubona bakamwifuza aribyo bita
(kugotesha)."
Aba basore bemeza
ko niyo umukobwa
atakwemerera ko mukora imibonano mpuzabitsina,ariko akakwemerera
kwisanzura ku
mabere ye birashimisha bikangana no kuba mwaryamana.
Twifuje kumenya
impamvu abakobwa
bagenda bahisha amabere yabo kandi abahungu bayakunda.
Bamwe
bati:’’Ni mu rwego rwo guhisha
ubwambure bwabo kugira ngo buri wese atabona uko bateye,kandi si na
byiza ko
amabere agenda yizunguza mu nzira,ntawe uba atabona ko uyafite ariko si
byiza
kuyarata"
Hari abandi
bakobwa ndetse n’abagore
bo bavuga ko guhisha amabere ari ubuturage ngo
ugomba kuyagaragaza kuko
uba uyafite,ndetse wakwambara n’aka gafatamabere
ukarigaragaza nta mususu maze
uwo bidashimishije akareba hirya, dore ko kuri ubu haje utwo
dufatamabere
tubafasha kuyagaragaza ndetse hakaba hari ni imyambaro iba iyagaragaza
uko
yakabaye.
Kuba amabere
atuma abagabo bifuza
imibonano mpuzabitsina iyo bayabonye,abakobwa n’abagore nabo
barabizi ni nayo
mpamvu abakeneye gukurura abagabo akenshi nibo bambara imyambaro
igaragaza
amabere.
Umukobwa cg
umugore wiyubaha ntabwo
aba akwiye kugenda agaragaza amabere ye. Niyo mpamvu uzasanga abenshi
bambaramo
udufatamabere (soutiens) kandi bagashyiraho n’undi mwambaro
inyuma kugirango
bahishe amabere yabo.
Solange
Gakuru-imirasire.com